Category: All News

View All
Urwanda na Oman byemeranyije ubufatanye mu nzego zitandukanye

Perezida Kagame na Nyiricyubahiro Sultan Haitham bin Tariq batangiye uruzinduko rwabo rw’iminsi ibiri mu buryo bwemewe n’amategeko, bahereye ku biganiro by’impande zombi byahuje intumwa z’ibihugu byombi.

Editor
220
Perezida Paul Kagame yageze i Salalah muri Oman

Perezida Paul Kagame yageze i Salalah muri Oman, aho yakiriwe na Sultan Haitham bin Tariq, mu ruzindiko rw’iminsi ibiri muri icyo gihugu.

Editor
230
Akamaro k’imibonano mpuzabitsina mu buzima

Gukora imibonano mpuzabitsina ku buryo bwiza kandi bwizewe bifite akamaro kenshi cyane ku buzima bw’umubiri, ubwo mu bwonko, ndetse no mu mibanire y’abashakanye. Abahanga mu by’ubuzima bagaragaza ko gutera akabariro bituma umubiri urekura imisemburo itandukanye ifasha umubiri gukora neza

Editor
750
Masisi: Kazinga yafashwe na AFC/M23 nyuma y’imirwano ikomeye

Agace ka Kazinga, gaherereye muri Butsike, muri groupement ya Nyamaboko ya 1, muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026, kageze mu maboko y’inyeshyamba za AFC/M23 nyuma y’imirwano ikomeye yahuje aba barwanyi n’abarwanyi ba Wazalendo.

Editor
210
Abantu 12 bitabye Imana ubwo bari mu bukwe I Kinshasa

Abantu 12 bapfuye nyuma y’uko inkongi y’umuriro yibasiriye ibirori byaberaga mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk’uko guverinoma yabitangaje ku Cyumweru.

Editor
320
Libya : Abantu batanu batawe muri yombi mu buryo butunguranye

Abayobozi bo mu burengerazuba bwa Libya bataye muri yombi abantu batanu bakekwaho kugira uruhare mu ruhererekane rw’ibitero bya drones biherutse kwibasira ikigo gikomeye cy’ingufu.

Editor
1260
Umugabo wa Samia Suluhu Hassan, yitabye Imana azize uburwayi bw’umutima

Umugabo wa Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, Hafidh Ameir Hassan, yitabye Imana ari kuvurirwa mu bitaro i Zanzibar. Visi Perezida Deogratius Ndejembi, watangaje ku mugaragaro urupfu rwa Ameir, yavuze ko yari amaranye igihe ikibazo cy’indwara y’umutima.

Editor
210
Umunyarwenya Eric Omondi ari mu maboko atari aye

Eric Omondi yafatiwe mu Mujyi wa Nairobi mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Nzeri 2026, ubwo yari imbere y’inyubako ya Nairobi National Archives, akusanya imikono y’abaturage bashyigikiye ko umubare w’uturere two muri Kenya ugabanywa.

Editor
270
Ubwambure bwa Gloria Bugie bushobora kujya hanze isaha ku isaha

Umuhanzikazi akaba n’icyamamare mu ruganda rw’imyidagaduro muri Uganda Gloria Bugie, amazina ye nyakuri akaba ari Gloria Busingye, yaburiye abakunzi be nyuma yo gutangaza ko telefoni ye igendanwa yibwe, bikaba bishoboka ko ubu iri mu maboko y’abantu batazwi.

Editor
480
Kenya abakora ubucuruzi butemewe biganjemo Abarundi bagiye gusubizwa iwabo

Kuri uyu wa mbere Kenya iratangira igikorwa cyo guhashya abanyamahanga bafite amaduka mato banakora ibikorwa byo gucuruza ibicuruzwa badafite ibyangombwa byemewe n'amategeko, nyuma y'uko Perezida William Ruto yategetse abayobozi guhagarika ubucuruzi nk'ubwo.

Editor
200
Bruce Melody azataramira abazitabira iseka rusange

Umuhanzi Itahiwacu Bruce Melodie, uri mu bahanzi Nyarwanda bamaze kwigarurira umwanya ukomeye mu muziki wo mu Rwanda no hanze yarwo, agiye kongera guhura n’abakunzi be muri kimwe mu bitaramo by’urwenya bimaze kumenyekana i Kigali, Gen-Z Comedy.

Editor
150
FARDC irigamba kwigarurira kwa Mulima Nyuma y’Imirwano ikomeye

Igisirikare cya congo (FARDC) ni mitwe bafatanyije barigamba kwigarurira agace kazwi nko kwa Mulima muri Fizi , ni mugihe Imirwano ikomeye yabaye ku cyumweru yahuje M23 ifatanyije na Twirwaneho bakubise inshuro Igisirikare cya Fardc , igisirikare cy’uburundi , Wazalendo , Abacanshuro bava muri Fizi bahungira Uvira.

Editor
90
Iruka ry’ikirunga muri Indonesia ryasize abantu 270,000 bahagarika ingendo igitaraganya

Nkuko twabigarutseho mu nkuru yacu yabanje Abagenzi bagera kuri 270,000 bahagaritse ingendo hirya no hino muri Indonesia, nyuma y’uko iruka ry’ikirunga ritumye indege zirenga 2,000, zisubika ingendo ku bibuga by’indege ,aho kuri uyu wambere nta ndege iri kugaragara mu kirere cya Indonesia .

Editor
270
Breaking News: Abantu Batanu baguye mu mpanuka y’indege muri Amerika

Abantu batanu bapfuye nyuma y’uko indege itwara imizigo ya Amazon isohotse ku kibuga cy’indege cya Miami muri Amerika.

Editor
320
I Delhi ubwoba ni bwinshi nyuma yaho Igorofa iguye ku bantu benshi

Inyubako yari ituwemo n’abantu mu murwa mukuru w’u Buhinde, I Delhi,ryasenyutse na , bituma hatinywa ko abanyeshuri benshi bari bayirimo bashobora kuba bagwiriwe n’iyo nyubako.

Editor
130
Menya Akamaro ka Gombo ku Buzima n'Indwara ivura

Gombo Ni uruboga ruboneka ku migabane y’isi hafi yose, rukaba rufite ibyiza bitandukanye ruzana ku buzima bw’abantu barukoresha rwaba rutetse cyangwa se ari rubisi. Urubuga www.santeplusmag.com, bavuga ko okra ari uruboga rukize ku ntungamubiri zitandukanye ndetse na za vitamine A, B, C na K, n’ubutare bwa magnésium, potassium, calcium, fer, zinc ndetse n’ibyitwa ‘fibres’.Fruits & Vegetables Menya ibyiza byo kurya Gombo(Okra) . Umuntu urya Okra ku buryo buhoraho, bimufasha kugira inzira y’igogora ikora neza, bikamurinda kugira ibibazo bitandukanye mu mara, harimo no kumurinda kumva agugaye mu nda, kuba yarwara impiswi cyangwa impatwe n’ibindi. Ikindi Okra ifasha mu kugabanya ibinure bibi ‘cholestérol’ mu mubiri.

Editor
170
Amavuta ya Elayo atuma Abantu badapfa vuba_ Ubushakashatsi

Muri iyi nyigo, abashakashatsi bakurikiranye ubuzima bw'abagore 60.582 n'abagabo 31.801, batarwaye indwara z'umutima na cancer, nyuma bagereranya ubuzima bw'abafataga amavuta ya elayo, abayafataga rimwe na rimwe n'abatarayafataga namba.

Editor
110
DRC: M23 yigaruriye uduce twinshi nyuma y’imirwano ikomeye cyane

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zivuga ko zasubije inyuma umutwe wa M23 ufatanyije na Twirwaneho mu gace ka Kanguli, muri teritwari ya FIZI.

Editor
440
Indonesia: Iruka ry’ikirunga ryabujije Abagera ku 170,000 gukora ingendo

Abagenzi bagera ku 170,000 bahagaritse ingendo nyuma y’uko iruka ry’ikirunga ryatumye ubuyobozi bwa Indonesia buhagarika by’agateganyo ibikorwa ku bibuga by’indege umunani.

Editor
350
Abarundi bari muri Kenya bagiye gutaha iwabo.

Ambasade y'u Burundi muri Kenya yamenyesheje Abarundi bose bifuza gutaha mu gihugu cyabo ko yateguye uburyo bwo kubaha ku buntu urupapuro rubaha uburenganzira bwo kujya i Burundi (laissez-passer) guhera ku wa mbere.

Editor
210
Bana Natwe

Rubavu, Gisenyi, West

+250 787 126 439

inumatvjoe@gmail.com

Amafoto

Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.