Eric Omondi yafatiwe mu Mujyi wa Nairobi mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Nzeri 2026, ubwo yari imbere y’inyubako ya Nairobi National Archives, akusanya imikono y’abaturage bashyigikiye ko umubare w’uturere two muri Kenya ugabanywa.
Umuhanzikazi akaba n’icyamamare mu ruganda rw’imyidagaduro muri Uganda Gloria Bugie, amazina ye nyakuri akaba ari Gloria Busingye, yaburiye abakunzi be nyuma yo gutangaza ko telefoni ye igendanwa yibwe, bikaba bishoboka ko ubu iri mu maboko y’abantu batazwi.
Kuri uyu wa mbere Kenya iratangira igikorwa cyo guhashya abanyamahanga bafite amaduka mato banakora ibikorwa byo gucuruza ibicuruzwa badafite ibyangombwa byemewe n'amategeko, nyuma y'uko Perezida William Ruto yategetse abayobozi guhagarika ubucuruzi nk'ubwo.
Umuhanzi Itahiwacu Bruce Melodie, uri mu bahanzi Nyarwanda bamaze kwigarurira umwanya ukomeye mu muziki wo mu Rwanda no hanze yarwo, agiye kongera guhura n’abakunzi be muri kimwe mu bitaramo by’urwenya bimaze kumenyekana i Kigali, Gen-Z Comedy.
Igisirikare cya congo (FARDC) ni mitwe bafatanyije barigamba kwigarurira agace kazwi nko kwa Mulima muri Fizi , ni mugihe Imirwano ikomeye yabaye ku cyumweru yahuje M23 ifatanyije na Twirwaneho bakubise inshuro Igisirikare cya Fardc , igisirikare cy’uburundi , Wazalendo , Abacanshuro bava muri Fizi bahungira Uvira.
Nkuko twabigarutseho mu nkuru yacu yabanje Abagenzi bagera kuri 270,000 bahagaritse ingendo hirya no hino muri Indonesia, nyuma y’uko iruka ry’ikirunga ritumye indege zirenga 2,000, zisubika ingendo ku bibuga by’indege ,aho kuri uyu wambere nta ndege iri kugaragara mu kirere cya Indonesia .
Abantu batanu bapfuye nyuma y’uko indege itwara imizigo ya Amazon isohotse ku kibuga cy’indege cya Miami muri Amerika.
Inyubako yari ituwemo n’abantu mu murwa mukuru w’u Buhinde, I Delhi,ryasenyutse na , bituma hatinywa ko abanyeshuri benshi bari bayirimo bashobora kuba bagwiriwe n’iyo nyubako.
Gombo Ni uruboga ruboneka ku migabane y’isi hafi yose, rukaba rufite ibyiza bitandukanye ruzana ku buzima bw’abantu barukoresha rwaba rutetse cyangwa se ari rubisi. Urubuga www.santeplusmag.com, bavuga ko okra ari uruboga rukize ku ntungamubiri zitandukanye ndetse na za vitamine A, B, C na K, n’ubutare bwa magnésium, potassium, calcium, fer, zinc ndetse n’ibyitwa ‘fibres’.Fruits & Vegetables Menya ibyiza byo kurya Gombo(Okra) . Umuntu urya Okra ku buryo buhoraho, bimufasha kugira inzira y’igogora ikora neza, bikamurinda kugira ibibazo bitandukanye mu mara, harimo no kumurinda kumva agugaye mu nda, kuba yarwara impiswi cyangwa impatwe n’ibindi. Ikindi Okra ifasha mu kugabanya ibinure bibi ‘cholestérol’ mu mubiri.
Muri iyi nyigo, abashakashatsi bakurikiranye ubuzima bw'abagore 60.582 n'abagabo 31.801, batarwaye indwara z'umutima na cancer, nyuma bagereranya ubuzima bw'abafataga amavuta ya elayo, abayafataga rimwe na rimwe n'abatarayafataga namba.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zivuga ko zasubije inyuma umutwe wa M23 ufatanyije na Twirwaneho mu gace ka Kanguli, muri teritwari ya FIZI.
Abagenzi bagera ku 170,000 bahagaritse ingendo nyuma y’uko iruka ry’ikirunga ryatumye ubuyobozi bwa Indonesia buhagarika by’agateganyo ibikorwa ku bibuga by’indege umunani.
Ambasade y'u Burundi muri Kenya yamenyesheje Abarundi bose bifuza gutaha mu gihugu cyabo ko yateguye uburyo bwo kubaha ku buntu urupapuro rubaha uburenganzira bwo kujya i Burundi (laissez-passer) guhera ku wa mbere.
Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko hari urubyiruko rwinshi rushyira imbaraga mu nshingano zarwo zirimo akazi n’ibindi bikorwa by’iterambere, ariko rimwe na rimwe rukirengagiza imwe mu nkingi z’ingenzi z’ubuzima ari yo kubaka umuryango uhamye. Ibi yabigarutseho ku wa 6 Nzeri 2026, mu masengesho y’abayobozi bakiri bato azwi nka “Young Leaders Prayer Breakfast”, yahuje abayobozi mu nzego zitandukanye, agamije gusabira igihugu
Amazu arenga 700 yatwitswe n’umuriro muri iki cyumweru mu mujyi wa Bukavu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
APR FC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League yatsindiwe na Aigles du Congo 1-0 mu mukino ubanza wabereye mu mujyi wa Lubumbashi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo kuri iki cyumweru, tariki ya 6 Nzeri, 2026 kuri Stade Kibasa Maliba y’i Lubumbashi.
Abanya-Uganda n’abashyigikiye ishyaka NUP bizihiza umunsi wa mbere wa National Bobi Wine Day mu rwego rwo gushyigikira Robert Kyagulanyi ukomeje kuba mu buhungiro.
Mu gihe icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, umubare w’abamaze guhitanwa n’iyo ndwara umaze kurenga 3,000. Kubera ibyago byo kwandura, abahitanywe na Ebola bagomba gushyingurwa hakurikijwe amabwiriza akakaye yashyizweho.
Abagore babiri biciwe mu gitero cy’indege cyagabwe i Arab Salim, abandi bantu babiri bicwa n’igitero cyagabwe i Nabatieh al-Fawqa.
Intumwa za Amerika zahuriye na Zelensky muri Ukraine nyuma yo kugirana ibiganiro na Putin mu Burusiya.
Aliqu justo et labore at eirmod justo sea erat diam dolor diam vero kasd
Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.