Eric Omondi yafatiwe mu Mujyi wa Nairobi mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Nzeri 2026, ubwo yari imbere y’inyubako ya Nairobi National Archives, akusanya imikono y’abaturage bashyigikiye ko umubare w’uturere two muri Kenya ugabanywa.
Umuhanzikazi akaba n’icyamamare mu ruganda rw’imyidagaduro muri Uganda Gloria Bugie, amazina ye nyakuri akaba ari Gloria Busingye, yaburiye abakunzi be nyuma yo gutangaza ko telefoni ye igendanwa yibwe, bikaba bishoboka ko ubu iri mu maboko y’abantu batazwi.
Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.