Hari ibintu umuntu atagomba kuvuga ambwira buri wese, kuko bishobora kumuteza ibibazo, gutuma bagufata nabi, cyangwa kwangiza gahunda ze dore ko abantu bakomeje kugenda baba babi cyane .
Umusekerite warurinze SACCO yitwa Inganji SACCO Rubavu, Ishami rya Nyamyumba, mu Murenge wa Nyamyumba, mu Karere ka Rubavu, mu ijoro ryo ku wa Gatanu, rishyira kuri uyu wa Gatandatu, yishe umuntu ukekwaho ko yaraje kwiba kuri iyi SACCO arapfa. Abaturage baganiriye na Inumanews baduhamirije ayamakuru aho batubwiye ko murukerera rwo kuri uyu wa gatandatu aribwo bumvise ibiturika babanza kwi kanga nyuma yaho baza kumenya ko ari abajura bari baje kwiba iyi sacco kubwa mahirwe make mugenzi wabo akaraswa mu cyico agahita yitaba Imana.
Copyright © 2019 - 2026 Inuma News. All Rights Reserved.